Language:
LIVE TV

Search

Blog Big layout

Philippine: Amasasu yavuze muri Sena

Amasasu abarirwa muri 15 yumvikanye muri Sena ya Philippine nyuma y’uko Polisi n’ingabo zirwanira mu mazi zinjiye mu cyumba cy’inteko bashaka guta muri yombi umwe mu Basenateri ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha.

Nyakabanda: Ibuka yasabye Leta Gushyiraho ubugenzuzi buhoraho ku bakoze Jenoside bari kurangiza ibihano

Perezida wa Ibuka mu murenge wa Nyakabanda, Madame Usanase Uwera Yvone, yasabye ubugenzuzi buhoraho ku bakoze Jenoside bari kurangiza ibihano byabo , ati" Turacyafite impunge kuby'igororoka ry'aba bantu bari gutaha, turabasa ubugenzuzi buhoro n'imyitwarire yabo muri Sosiyete nimba indangagaciro bafite koko ari izikwiriye umunyarwanda".

Trump yavuze ko Amerika izatangira kuyobora amato anyura mu Muyoboro wa Hormuz.

Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika izatangira kuyobora amato anyura muri uyu muyoboro guhera ku wa Mbere. Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika (US Central Command) bwavuze ko inkunga ya gisirikare izaba irimo amato arasa za misile (guided-missile destroyers), indege zirenga 100, n’abasirikare 15,000, nubwo umuyobozi umwe wa Amerika yavuze ko iki gikorwa atari uguherekeza amato (escort miss

Perezida Kagame yakiriye Igikomangoma cy’Ubwami bwa Asante muri Ghana

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye itsinda riyobowe n’Igikomangoma Oheneba Yaw Otchere akaba Ambasaderi w’Umwami Asantehene w’Ubwami bwa Asante (Ashanti) muri Ghana. Umukuru w’Igihugu yabakiriye mu Biro bye Village Urugwiro ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mata 2026

Your experience on this site will be improved by allowing cookies Cookie Policy