Sudani y’Epfo: Indege yahanutse yica abantu 14
Ikigo gishinzwe indege za gisivili muri Sudani y’Epfo cyatangaje ko indege nto itwara abagenzi yahanutse ihitana abantu 14.
Search
Ikigo gishinzwe indege za gisivili muri Sudani y’Epfo cyatangaje ko indege nto itwara abagenzi yahanutse ihitana abantu 14.
Umugabo w’imyaka 45 witwaga Nyandwi Emmanuel, wari mu muganda wo gusenya amashuri ashaje mu Rwunge rw’Amashuri rwa Mwendo (R) mu Karere ka Ruhango, yagwiriwe n’igikuta arapfa.
Ikigo cy’Ikoranabuhanga cya X Corp gifite urubuga nkoranyambaga rwa X, cyashyizeho urundi rwiswe ‘XChat’ ruzajya rufasha abari basanzwe bakoresha X kuganira.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye itsinda riyobowe n’Igikomangoma Oheneba Yaw Otchere akaba Ambasaderi w’Umwami Asantehene w’Ubwami bwa Asante (Ashanti) muri Ghana. Umukuru w’Igihugu yabakiriye mu Biro bye Village Urugwiro ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mata 2026
Mega Global Link isanzwe ifasha kujya mu mahanga muri gahunda zitandukanye yatangaje ko yinjiye mu mikoranire yorohereza abarwayi kujya kwivuriza mu Bitaro bya Güven biri mu bikomeye muri Turikiya by’umwihariko mu kuvura indwara zikomeye zirimo iz’umutima na diyabete.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yasubitse umugambi wo kurasa kuri Iran.
Inzego z’ Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’umutekano muri Mozambique zifatanyije n’Inzego z’Umutekano za Mozambique, abayobozi ba Leta ndetse n’abahagarariye Sosiyete ya TotalEnergies, mu kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.